Uko uyu muco wagiye uhererekanywa kuva ku gihe cy'ubwami kugeza vuba aha ushyizwe ku rutonde rw'imirage y'isi ya UNESCO.
Mu Rwanda hari kuba umuhango wo gutabariza umwami Kigeli V Ndahindurwa nyuma yo gutangira muri Leta zunze ubumwe z'America mu kwezi kw'icumi kw'umwaka uheze . Imihango irabera I Nyanza hafatwa nk ...